INKWANO MU RWANDA -1
Mu Rwanda hambere bakwaga iki? Mu Rwanda hose iyo basabaga umugeni bagombaga no kugira icyo baha umulyango utanze umugeni: Batangaga ; lyo nkwano a?aga ali iyo _kwerekana ko umugeni aturuka mu mu1yango. Yali IShimwe lya…
GUSABA UMUGENI W’UBUNTU
Mu Rwanda inkwano ni ngombwa, aliko iyo hali imhamvu yemejwe n'imilyango yombi, batanga umugeni w'ubuntu. Icyakora babategeka guhaha, bakazazana inka igihe ; Igihe itabonetse, ntibivamo imhamvu yo gutandukana kw'abashakanye. Kandi abana babyaye ntibitwa nkuri (abatakowe).…
INKWANO, GUSABA UMUGENI
Mu Gisaka no mu Kinyaga bajyana inzagwa gusaba, kuko nta masaka ahaba, amasaka umuhungu akuze, ashaka umugore, se ajya kumukwra kwa se w'umukobwa akajyana ijyana n'inzoga nibyo byitwa «GUSABA UMUGENl». Akamaro k'inkwano : Inkwano ni…
IMIRYANGO ISUMBANA CYANE
Ubukene, kutareshya, inkwano; kereka batangiye ubuntu, cyangwa gutenda. Kubura aho acyura umugore, kutubaka. Izo mpamvu zose bagombaga kuzitekereza bajya gusaba no gusa bwa. Umugeni ni uw'umuryango, ntibahubuke bajya mbaga kwitonda cyane, kuko umuryango utaremya urugo…
UMWANYA W’ABABYEYI
1 . Kugenzura ko umwana akuze : Hambere uko byagendaga, iyo ababyeyi babonaga ko umwana akuze," ah ye, yaba umuhungu cg umukobwa, bajyaga inama yo kumushyi ngrra. Inama imaze kuzuzwa n'ababyeyi ; Babimenyeshaga inshuti ;…
Ubukwe mu Rwanda, hambere (2).
Intangiliro Iyo umuhungu cyangwa umukobwa, babonaga ko akuze, ababyeyi bajyaga inama yo ; Nibo bagenzuraga uwo. bazashyingi ranwa. Bar;:tbihagurukiraga, bakabaza mu Nshuti, mu bamenyi babo, no· mu bavandimwe, bali kure, bose bageragezaga kubona umugeni, cya-…
Ubukwe bw’AbanyaRwanda (1)
IJAMBO R’IBANZE Kuva umuntu akiremwa, lmana yubatse urugo rw'abantu babili. «lmana yaremye umuntu imwishushanyije. lmana irema umugabo n'umu· gore». Gen. : Imana ibaha umugisha· maze irababwira iti: Nimuku re mwororoke». 28. Kuva icyo gihe, abantu…
Umuvugo 16. 8-II:Umunsi wa karindwi Immana. Iraruhuka, Muntu ayisingiza mu izina ly’ibiremwa byose bitazi ubwenge ; aliko nabyo bikayisingiza mu mivugire yabyoUmuvugo 16. 8-II:
Rugira isendereza imisizi, Iya rusibuka iroha ubugingo, Ndate Immana iharaze ubwiza, 4 N'ubutabeshywa n'ubudashoborwa. N'ubudasumbanya abayisanga, N'ubudakangaranya abatindi, N'ubudashobeza abashumbilijwe, 8 N'ubudasûbiza abâgilijwe. N'uruvuto rutera ko ikundwa, Ikabyiyamizamo ubudahwema, Ihendahenda imbaga ya Muntu, 12 Ngo…
Umuvugo 15. 7-II: Immana iha Adamu inema ntagatifuza, kimwe n’ttegeko lyo kumugerageza, limurinda imbuto y’ubumenyi bw’ibi n’ibyiza
Rugira inyanja y’urwererane, Ndate Immana y’impuhwe zose, Itanga ubwererane budahezwa, 4 Itura mu ngoro y'umurava. Ikeza roho mo ubuziranenge, N'ubudahinyuka n'umunogerezo, N'ubudahendana bw'urukundo, 8 N'ubwirinde bwanga amoshya. N'ubwigarure buzira igihemu, N'ubudahemuka bwizirira, N'ubutagorama bushinze umuzi,…
Umuvugo 13. 5-II: Umunsi wa gatanu w’iremwa ly’ijuru n’isi: Imana irema ibiba mu mazi n’ibiguruka mu kirere
Rugira rwiyamije mu marebe, Ndate Immana y'ubutareshywa, Itarama mu nkuba z’ibikaka, 4 Izibuza kwica, iziha umurava Ihinda isesa amahoro akeye, Ishôka inyanja y’umushyikirano, Idahiwe iliba lyera ubumanzi, 8 Lyo ku bibumbiro by'ububane. Bilimo ubwuzu n'ubwizihirwe,…