
INKWANO MU RWANDA -1
Mu Rwanda hambere bakwaga iki? Mu Rwanda hose iyo basabaga umugeni bagombaga no kugira icyo baha umulyango utanze umugeni: Batangaga ; lyo nkwano a?aga ali iyo _kwerekana ko umugeni aturuka …

GUSABA UMUGENI W’UBUNTU
Mu Rwanda inkwano ni ngombwa, aliko iyo hali imhamvu yemejwe n'imilyango yombi, batanga umugeni w'ubuntu. Icyakora babategeka guhaha, bakazazana inka igihe ; Igihe itabonetse, ntibivamo imhamvu yo gutandukana kw'abashakanye. Kandi…

INKWANO, GUSABA UMUGENI
Mu Gisaka no mu Kinyaga bajyana inzagwa gusaba, kuko nta masaka ahaba, amasaka umuhungu akuze, ashaka umugore, se ajya kumukwra kwa se w'umukobwa akajyana ijyana n'inzoga nibyo byitwa «GUSABA UMUGENl».…

IMIRYANGO ISUMBANA CYANE
Ubukene, kutareshya, inkwano; kereka batangiye ubuntu, cyangwa gutenda. Kubura aho acyura umugore, kutubaka. Izo mpamvu zose bagombaga kuzitekereza bajya gusaba no gusa bwa. Umugeni ni uw'umuryango, ntibahubuke bajya mbaga kwitonda…

UMWANYA W’ABABYEYI
1 . Kugenzura ko umwana akuze : Hambere uko byagendaga, iyo ababyeyi babonaga ko umwana akuze," ah ye, yaba umuhungu cg umukobwa, bajyaga inama yo kumushyi ngrra. Inama imaze kuzuzwa…

UBUKWE MU RWANDA, HAMBERE.
Intangiliro Iyo umuhungu cyangwa umukobwa, babonaga ko akuze, ababyeyi bajyaga inama yo ; Nibo bagenzuraga uwo. bazashyingi ranwa. Bar;:tbihagurukiraga, bakabaza mu Nshuti, mu bamenyi babo, no· mu bavandimwe, bali kure, …

UBUKWE BW’ABANYARWANDA
IJAMBO R’IBANZE Kuva umuntu akiremwa, lmana yubatse urugo rw'abantu babili. «lmana yaremye umuntu imwishushanyije. lmana irema umugabo n'umu· gore». Gen. : Imana ibaha umugisha· maze irababwira iti: Nimuku re mwororoke».…

Umuvugo 16. 8-II:Umunsi wa karindwi Immana. Iraruhuka, Muntu ayisingiza mu izina ly’ibiremwa byose bitazi ubwenge ; aliko nabyo bikayisingiza mu mivugire yabyoUmuvugo 16. 8-II:
Rugira isendereza imisizi, Iya rusibuka iroha ubugingo, Ndate Immana iharaze ubwiza, 4 N'ubutabeshywa n'ubudashoborwa. N'ubudasumbanya abayisanga, N'ubudakangaranya abatindi, N'ubudashobeza abashumbilijwe, 8 N'ubudasûbiza abâgilijwe. N'uruvuto rutera ko ikundwa, Ikabyiyamizamo ubudahwema, Ihendahenda…

Umuvugo 15. 7-II: Immana iha Adamu inema ntagatifuza, kimwe n’ttegeko lyo kumugerageza, limurinda imbuto y’ubumenyi bw’ibi n’ibyiza
Rugira inyanja y’urwererane, Ndate Immana y’impuhwe zose, Itanga ubwererane budahezwa, 4 Itura mu ngoro y'umurava. Ikeza roho mo ubuziranenge, N'ubudahinyuka n'umunogerezo, N'ubudahendana bw'urukundo, 8 N'ubwirinde bwanga amoshya. N'ubwigarure buzira igihemu,…

Umuvugo 13. 5-II: Umunsi wa gatanu w’iremwa ly’ijuru n’isi: Imana irema ibiba mu mazi n’ibiguruka mu kirere
Rugira rwiyamije mu marebe, Ndate Immana y'ubutareshywa, Itarama mu nkuba z’ibikaka, 4 Izibuza kwica, iziha umurava Ihinda isesa amahoro akeye, Ishôka inyanja y’umushyikirano, Idahiwe iliba lyera ubumanzi, 8 Lyo ku…

Umuvugo 12. 4-II:Umunsi wa kane w’iremwa ly’ijura n’isi: Imana isoza ibiremwa byo hejuru byali bitaranogerezwa
Rugira irimbanye ubudahinyuka, Iteze uburanga bulimo inkesha, Ndate Iya-mbere yaduhanze, 4 Iyaremye izzuba n'inyenyeli. Iya rwihunda ishema n'icynsa, Itatse ibambe n'ubutajorwa, Iyo izima lyuzuye mu ruhanga, 8 Likahasangira n'ubwema. Bikahahulira…

Umuvugo 11. 3-II: Umunsi wa gatatu w’iremwa ly’ijuru n’isi : Immana irerna INYANJA n’UBUTA KA n’IBYATSI.
Rugira iteye ubuhangange, igahimbana ibiremwa ubugenge, Ntibiyiteshuke mu ndeshyo, 4 Iya rutajorwa mu byo yahanze. Ikabituliramo ubwenge-buremyi, N'ubudasobanya yihiteyemo, N'ubugeneranya bugize ibiliho, 8 Iya rwitondera isi n'inyanja. Igahaka ubwamamare buhanitse,…

Umuvugo 10. 2-II: Umunsi wa kabili w’iremwa ly’ijuru : Immana isobanura amazi yo hasi n’ayo hejuru
Rugira rwambaye ubutajorwa. Rubengeranwaho n'ubukaka, Urwaliboye umubili ubwema, 4N'ishema yiharaze mu byano. Hamwe n'icyusa mu gihagararo, Byo n'igikundiro cyimusaga, Amabega atengerana urukundo, 8 N'ishyaka ryatembye urugera, N'ijana ly’ihûmure akwêse, N’ilyo…

Umuvugo 9-1: Ni umunsi wa mbere w’iremwa ly’ijuru n’isi : iremwa ly’ Urumuli
Rugira itatse ubudashyikirwa, Ndate Umwami w'ubudahinyuka, Utetse mu ngoma z'ubutsinzi 4 Ziremye ubwiru zihatse ubwenge, N'ubutabera n'ubutareshywa, N'ubudahendwa n'ubudahindwa, N'ubudasubira n'ubutayoba, 8 N’ubudaheranwa n'ubudahemuka. N'ubutabalika n'ubutaganzwa, N'ubujijuke n'ubudasobanya, N'ubutalindagira b’inyange,…

Umuvugo 8 : Imyiyereko y’ imitwe y’ Abamalayika , mu biroli byakulikiye itsindwa ly’ Amashitani
Umuremyi w'ububasha budahezwa, Ndate Iya-mbere idashyikirwa, Ivanze imbilibili mu nkesha, 4 N'impuhwe zuzuye mu ruhanga, Itêtse ku Ntebe y'Ubumanzi, Iganje mu ngoro y'ubukâka, Ishema yarimbanye ly'uburenzi, 8 Lisotse impundu z'ubudahwema.…

Intwali igaruka bahunga
Intwali igaruka bahunga Ya rukanga-miheto ! Yangombye imisare 5. sinayisigira umugaragu. Nyêndanyé n' iimacumu, mbéra ko isibo, intoki ziyisangwa mu gifunga impfûra iréma urugâmba, 10. sinayicarana mû ntéko induru ivugije abakoni…

Ibyivugo by’interuro
(1°)— Mugabo utera abbisha ubwoba wa Rutajoma Ndi Umushakamaba rwose: abatwara inyamusozi nnarabagumiye. 5. Rugarama rwâ Gikore nabaye igisibya cy'umutsindo ; Ruhamanya akomeretse ndamwimana Mwima Abalihirà n'Abinika, N’ihururu iurutse kwà…

Umuvugo 7: Umulirimbyi wa Nyili-Ibiremwa
(Abamalayika batabarutse, barara inkera kwa Mungu, abaremamo imitwe 9, kugira ngo umusi w'ibiroli baziyereke bavanguye.) Iya kare itamilije ubutsinzi Ndate Immana y'ubudahunga, Intango itaramwaho n'intwali, 4 Inteko iganjilijemo immanzi. Ubwiza…

Umuvugo 6: Umulirimbyi wa Nyili-Ibiremwa
(Ububi icyaha cyazanye muli Lusefero) Inteko y'ibyaha, shitani Nje kubabwira indili y'ubwêhe Ni yo rushegeshwa yuje intimba, 4 Ishavu lishengukirana mu nda. Iminiho yivubura mu mutima Ikajya iyivumbyaho amashitani; Ikaba…

Umuvugo 5: Umulirimbyi wa Nyili-Ibiremwa
(Igeragezwa ly'Abamalayika; itsindwa ly'Amashitani. Mikayile agabana ibya Lusifero.) Indahangarwa yahoze iteka Ndavuga Intijanwa yaturemye, Rugira rwambaye ubudahinyuka 4 Umwami ushinze imizi y'ibintu. Uwo ikuzo lyagaragiye iteka, Uwo ishema lyûbakiye amarembo,…