RUHENGERI-GATONDE:

Iyo igihe cyo gukwa cyabaga  kigeze,  nyili .ugusaba umugeni yajya­ naa  mka tmwe y mdundu,  yaba atayibonye  agatanga ingwate n’ikimasa cyiza. Kubyerekeye  amasuka  ntawatangaga isuka imwe.  Amasuka ya­vaga  kuli abili akagera ku  munani.     Iyo  batangaga .amasuka n’inka hamwe, bajyanaga inka imwe n’amasuka abili cyangwa se atatu.

Ku  byerekeye amatungo,  bajyanaga  ihene  kuva  ku ihene  umunani, cyangwa se bakajyana eshanu iyo babaga bazanye inka y’ingwate. lyo  umntu  atabaga  aflte  Icyo akwa,  yajyaga gutenda  kwa Sebukwe

kugeza igihe aboneye inkwano.

Il. GUSABA UMUGENI.

Kera mu Rwandanibo  batoranyilizaga abana babo abo bazabana; ali umuhungu Se yamushakiraga umugeni, umukobwa nawe ntiyapfaga kwemera uwo abonye wese, iwabo batabimenye.   Lero nta  mubyeyi w’umugabo  waganiraga n’umuhungq   we ibyo kurongora.   Yabimenye­ shwaga ku bundi bulyo.

Ubwo yabona  ko ali umugabo ukwiye kubaka urwe akajya kumu­ shakira umugeni.   Aha twibuke ko gusaba umukobwa mu wundi mu· lyango kwali ugushaka amaboko umulyango ukaba mugali, ku bulyo bazajya batabarana mu gihe cy’ibyago.   Niyo mpamvu lero uwiyumva­ gamo  ubugabo   atajyaga   gushaka  ku  nkeho,  ahubwo  y-ashakaga mu mulyango ukomeye.

Twavuze ko mu  Rwanda hafi ya hose byakorwaga kimwe.  Mbere yuko se w’umuhungu atuma ku uzitwa ba mwana we, hagombaga kuba umuranga akaba ali we umenya iby’uwo mukobwa,  akamenya ko ali

«Nyiraihilimo» mbese ko azashobora kubaka no gutunga umugabo we. Bamara kumwereza no kubaza abakuru, ubwo se w’umuhungu agatuma kuli se w’umukobwa ko azaza gusaba.

Hagendaga nde ?

Iyo bajyaga gusaba umugeni (alibwo bwa mb.ere bajyiyeyo), hajya· gayo se w’umuhungu kuko ali we nyil’umulyango.  Iyo yabaga atagifite akabaraga ko kugenda,  yoherezaga  umusimbura,  akaba  aliwe  ujya kuvuga amagambo mu kigwi cye.  Uwo musimbura yashoboraga kuba ali murumuna  we cyangwa se mukuru we, alibo ba se wabo w’umuhu· ngu ushaka kurongora.  Ibyo alibyo byose hajyagayo uwo mu mulyango wabo.   Mu turere tumwe na tumwe tw’u  Rwanda, iyo bajyaga gusaba umugeni, hali abaherekezaga umusaza ugiye gusaba.  Abo ngabo aliko ntabwo bab”alirwaga mu babaga bagiye bikoreye.    Dukulikije uko twagiye tubaza abantu  bamwe bo mu mpande zose z’u Rwanda, usangl hose bahuliza ku kintu kimwe :

Mw’isaba ntawagendaga wenyine.   Hagendaga nibuze abantu bagenngo ijap1bo vugishijwe  amatama gusa ntilyumvikana.   Ntyo mpamvu b gendaga  b1twaje impamba  bamara  kwica  akanyota  bagasubira mu misango noneho  yo gusaba umugeni.

KINYAGA/ GISUMA- NGOMA :

Dukulikijibyo abo twabajije batubwiye, muli ako karere  Se w’u­ muhungu   Ugiye gusabirwa   yazaga  mbere. Iyo yabaga atabishoboye cyangwa se atakiliho,  hagenda se wabo w’umuhungu cyangwa se undi wo mu mulyango wabo…

Tubrrebeyeafi usanga haragombaga kugenda undi muntu mukuru dukulikije wa mugani ngo:  «Ibitagira mukuru birumba ali indaro».  Hagomba rero umuntu ufutukiwe, uzashobora kurangiza· uwo mulimo babaga bamushinze.  Hejuru y’uwo  wagendaga ali umuse­ ruka  mbere, hagombaga no kugenda abandi.   Muli abo twawga  nka mukuru w umuhungu babaga agiye  gusabira, n’abandi ban tu b’inshuti. Iruh de rw bo  hgendag: n a?andi . ban tu  babaga  bikoreye  inzoga. UwaJy ye mkaJYana n umwikorezJ umwe n ‘uyishoreye).   Ibyo ba­ JYa btgenda _btsumbanumuntu   akulikije  uturere, n ‘umutungo we.

Nk aho  mu. Kmyaga,  <l}yanaa  inzoga  kuva  kuli  imwe  kugeza kuli

e ye. BakaJyana  kand1 Isuka 1mwe n ‘akabin di hanyuma  bakazaJ·yana n’mka.

N.B. : lyo  bajyaga gusaba  umukobwa  bali  baramutwaye,  batabivuze

( ru:am teruye)  bajyanaga ikimenyetso cyerekana ko umukobw ali  tsugt cyru;gwa se ali  umupfu.    Bajyanaga kandi ifu  y’uburo

cyangwa se y amasaka.

Iyo bajyanaga gusaba bagendaga ali umubare  ushyi1se kuva kuli batatu kugera ku munani.   lo umubare wagombaga kuba ;zwi  neza.  Abage­

nd ga byaterwaga n 1bmtu babaga bajyanye.

BYUMBA- GITI :

Muli ako  gace, iyo bajyaga gusabà  umugeni,  naho  hagendaga se w umuhungu, umu ga n’umwikorezi.    Iyo Se w’umuhungu atasho­boraga  kuboneka  ntihapfaga  kujyayo  ubonetse  wese.   Hagombaga kujyayo se wabo cyangwa se mukuru  we.  Muli ako karere hagomba abagera kuli  bane, bakagenda kandi babatuye.   Impamvu zo kugenda kugenda  umuntu  usheshe akanguhe.

KIGOMBE:

Muli ako  karere,  iyo  bajyaga gusaba hagendaga se w’umuhungu, umuranga se wabo cyangwa se mukuru we.  Mw’isaba muli ako karere ntacyo  bagendaga bitwaje   Niho honyine  tubona  ko bagendaga ntacyo bitwaje.  Bagendaga ali babili cyangwa se batatu.

BWANAMUKALI

SHYANDA

MUGUSA:

Dukulikije  ibyo   twagiye  tubaza  muli  ako  karere,  hagendaga se w’umuhungu.     Yaba atakiliho,  hagendaga se wabo  w’umuhungu cya­ ngwa se mukuru  we.   Hagombaga no  kugenda umuranga kuko ali we wajyaga  kwerekana  irembo. – Hàgendaga kandi  n’abikorezi  b’inzoga. Iyo babaga bagiye gusaba bajyanaga isuka yo gufata irembo, bakajyana n’inzoga ebyili cyangwa eshatu.    Umubare w’abagendaga waterwaga n’umubare  w’inzoga  babaga  bajyanye.    

Iyo  bajyanaga inzoga eshatu bagendaga ali batanu.

 Abantu ntibagendaga ali benshi iyo bajyaga gusabaumugeni mu karere ka Kinyaga.  Hagendaga abantu  babili cyangwa umubare   ucililitse, bakulikije ibintu babaga bajyanye.

RUHENGERI-GATONDE:

Muli ako karere, habagaho umulimo w’umwikorezi (uwabaga  atwaye se  w’umuhungu,   umuranga   n’inzoga).

Yajyanaga  inzoga, aliko ntabwo  bavuga ubwoko  bw’inzoga  bakundaga kwibandaho cyane nko muli GITI.

SHYANGA:

Naho mu gusaba hagendaga se w’umuhungu.  lyo yabaga adashobo­ ye kujyayo cyangwa se atakiliho, hagendaga se wabo w’umuhungu. Ha­ gendaga kandi n’abikorezi.  Hashoboraga kugenda kandi n’abandi baga­

ho babili.   Mu kujya gusaba bajyanaga inzoga y’amarwa n 1y urwagwa. Bakajyana kandi n’isuka ya «Cyozi» yagombaga gutangwa hose.

Nk’uko  twabibonye  haruguru abantu  bagendaga bashoboraga kuge­ nda ali batatu cyangwe bane.