INKWANO MU RWANDA -2
RUHENGERI-GATONDE: Iyo igihe cyo gukwa cyabaga kigeze, nyili .ugusaba umugeni yajya naa mka tmwe y mdundu, yaba atayibonye agatanga ingwate n'ikimasa cyiza. Kubyerekeye amasuka ntawatangaga isuka imwe. Amasuka yavaga kuli abili akagera ku ; Iyo…
INKWANO MU RWANDA -1
Mu Rwanda hambere bakwaga iki? Mu Rwanda hose iyo basabaga umugeni bagombaga no kugira icyo baha umulyango utanze umugeni: Batangaga ; lyo nkwano a?aga ali iyo _kwerekana ko umugeni aturuka mu mu1yango. Yali IShimwe lya…
GUSABA UMUGENI W’UBUNTU
Mu Rwanda inkwano ni ngombwa, aliko iyo hali imhamvu yemejwe n'imilyango yombi, batanga umugeni w'ubuntu. Icyakora babategeka guhaha, bakazazana inka igihe ; Igihe itabonetse, ntibivamo imhamvu yo gutandukana kw'abashakanye. Kandi abana babyaye ntibitwa nkuri (abatakowe).…
INKWANO, GUSABA UMUGENI
Mu Gisaka no mu Kinyaga bajyana inzagwa gusaba, kuko nta masaka ahaba, amasaka umuhungu akuze, ashaka umugore, se ajya kumukwra kwa se w'umukobwa akajyana ijyana n'inzoga nibyo byitwa «GUSABA UMUGENl». Akamaro k'inkwano : Inkwano ni…
IMIRYANGO ISUMBANA CYANE
Ubukene, kutareshya, inkwano; kereka batangiye ubuntu, cyangwa gutenda. Kubura aho acyura umugore, kutubaka. Izo mpamvu zose bagombaga kuzitekereza bajya gusaba no gusa bwa. Umugeni ni uw'umuryango, ntibahubuke bajya mbaga kwitonda cyane, kuko umuryango utaremya urugo…
UMWANYA W’ABABYEYI
1 . Kugenzura ko umwana akuze : Hambere uko byagendaga, iyo ababyeyi babonaga ko umwana akuze," ah ye, yaba umuhungu cg umukobwa, bajyaga inama yo kumushyi ngrra. Inama imaze kuzuzwa n'ababyeyi ; Babimenyeshaga inshuti ;…
Umuvugo 16. 8-II:Umunsi wa karindwi Immana. Iraruhuka, Muntu ayisingiza mu izina ly’ibiremwa byose bitazi ubwenge ; aliko nabyo bikayisingiza mu mivugire yabyoUmuvugo 16. 8-II:
Rugira isendereza imisizi, Iya rusibuka iroha ubugingo, Ndate Immana iharaze ubwiza, 4 N'ubutabeshywa n'ubudashoborwa. N'ubudasumbanya abayisanga, N'ubudakangaranya abatindi, N'ubudashobeza abashumbilijwe, 8 N'ubudasûbiza abâgilijwe. N'uruvuto rutera ko ikundwa, Ikabyiyamizamo ubudahwema, Ihendahenda imbaga ya Muntu, 12 Ngo…
Umuvugo 15. 7-II: Immana iha Adamu inema ntagatifuza, kimwe n’ttegeko lyo kumugerageza, limurinda imbuto y’ubumenyi bw’ibi n’ibyiza
Rugira inyanja y’urwererane, Ndate Immana y’impuhwe zose, Itanga ubwererane budahezwa, 4 Itura mu ngoro y'umurava. Ikeza roho mo ubuziranenge, N'ubudahinyuka n'umunogerezo, N'ubudahendana bw'urukundo, 8 N'ubwirinde bwanga amoshya. N'ubwigarure buzira igihemu, N'ubudahemuka bwizirira, N'ubutagorama bushinze umuzi,…
Umuvugo 12. 4-II:Umunsi wa kane w’iremwa ly’ijura n’isi: Imana isoza ibiremwa byo hejuru byali bitaranogerezwa
Rugira irimbanye ubudahinyuka, Iteze uburanga bulimo inkesha, Ndate Iya-mbere yaduhanze, 4 Iyaremye izzuba n'inyenyeli. Iya rwihunda ishema n'icynsa, Itatse ibambe n'ubutajorwa, Iyo izima lyuzuye mu ruhanga, 8 Likahasangira n'ubwema. Bikahahulira n'ubwiza, Bikahaturana nuburenzi Bikahavangirwa n'urukundo,…
Umuvugo 10. 2-II: Umunsi wa kabili w’iremwa ly’ijuru : Immana isobanura amazi yo hasi n’ayo hejuru
Rugira rwambaye ubutajorwa. Rubengeranwaho n'ubukaka, Urwaliboye umubili ubwema, 4N'ishema yiharaze mu byano. Hamwe n'icyusa mu gihagararo, Byo n'igikundiro cyimusaga, Amabega atengerana urukundo, 8 N'ishyaka ryatembye urugera, N'ijana ly’ihûmure akwêse, N’ilyo kamba ly’ingoma irambye, N'ubudasumbwa bw'impuhwe…